Inyigisho z'Iga Gutwara

Soma igisubizo cy’ukuri ako kanya – menya neza mbere y’ikizamini cy’ukuri

Ikibazo 37 Ibimenyetso by’umuhanda
Iki cyapa gisobanura iki ?
Ikimenyetso
  • A. Aho imihanda ihurira
  • B. Inkomane y’aho umuhanda umwe urasukira iburyo
  • C. Umuhanda udakomeza
  • D. Nta gisubizo kirimo ✓ IGISUBIZO CY’UKURI
Ikibazo 38 Ibimenyetso by’umuhanda
Iki cyapa gisobanura iki ?
Ikimenyetso
  • A. Iherezo ry’ umuhanda urombeje w’ibice byinshi ✓ IGISUBIZO CY’UKURI
  • B. Birabujijwe kunyura mu mu muhanda w’ ikindi cyerekezo
  • C. Birabujijwe kunyuranaho
  • D. Birabujijwe guhagara ku iteme
Ikibazo 39 Ibimenyetso by’umuhanda
Iki kimenyetso kiri mu muhanda kivuze iki ?
Ikimenyetso
  • A. Umuyobozi abujijwe kurenga umurongo wera ucagaguye cyeretse mugihe bitateza icyago ✓ IGISUBIZO CY’UKURI
  • B. Birabujijwe kunyuranaho
  • C. Biremewe kunyuranaho ariko nturenge umurongo wera ucagaguye
  • D. Birabujijwe gusubira inyuma
Ikibazo 40 Ibimenyetso by’umuhanda
Mu gihe utwaye ikinyabiziga uva kuri A ugana kuri B, Iki kimenyetso kiri mu muhanda kivuze iki ?
Ikimenyetso
  • A. Umuyobozi ashobora kurenga umurongo wera udacagaguye mugihe cyo guhindukira gusa
  • B. Umuyobozi w’ikinyabiziga abujijwe kunyuranaho, uretse gusa abayobozi b’ibinyamitende nibo bashobora kurenga umurongo wera udacagaguye
  • C. Umuyobozi w’ikinyabiziga abujijwe kunyuranaho arenze umurongo wera udacagaguye
  • D. Umuyobozi w’ikinyabiziga ashobora kunyuranaho mu gihe bitateza icyago ✓ IGISUBIZO CY’UKURI
Ikibazo 41 Ibimenyetso by’umuhanda
Mu gihe utwaye ikinyabiziga uva kuri A ugana kuri B, Iki kimenyetso kiri mu muhanda kivuze iki ?
Ikimenyetso
  • A. Umuyobozi w’ikinyabiziga ashobora kunyuranaho arenze umurongo wera udacagaguye
  • B. Umuyobozi w’ikinyabiziga abujijwe kunyuranaho arenze imirongo yera ✓ IGISUBIZO CY’UKURI
  • C. Umuyobozi w’ikinyabiziga yemerewe kunyuranaho
  • D. Abayobozi b’ibinyamitende gusa bemerewe kunyuranaho barenze umurongo wera udacagaguye